Minisiteri ya Sport hano mu Rwanda ya komoreye siporo zimwe na zimwe , nyuma yaho yari yaramaze gutangaza ko nta marushanwa azigera ategurwa muri siporo iyo ariyo yose hano mu Rwanda mbere yo mu kwezi kwa Nzeri 2020.
Minisport ibi yabitanagaje mw’itanagazo yashyize hanze ko hari siporo zimwe na zimwe zigomba gukomeza ariko hagakomezwa kwirinda icyorezo cya Coronavirus muri rusange.
Izo siporo za komorewe ni amarusganwa ya magare ( cycling), Golf,, Tennis, umukino wa gutwara amamodoka ndetse n’imkino ngorora mubiri. Iyi mikino yose ngo yamerewe gukomeza guhera tariki ya 8 Kamena 2020.
iyi mikino yose izakorwa hakomeze kwirinda ndetse n’ikwirakwiza rya Covid-19, kandi hubahirizwa n’amategeko y’igihugu.
Izindi Nkuru
Umukinnyi wa Brington mu mazi abira kubera gufatwa ari gusambana muri Guma mu rugo.
Umunyafurika y’Epfo Dr. Patrice Motsepe ni we watorewe kuyobora CAF
Roberto Mancini ati:”mbabazwa nokubona uko Balotelli ameze”