10. Cote d’ivoire
Birazwi ko Abidjan ari umwe mu mijyi ifite abakobwa beza. Niba wifuza umukobwa mwiza, uvuga neza ururimi rw’igifaransa, nyarukira muri Cote d’ivoire.
9. Senegal
Ushaka kumenya ubwiza bw’umwimerere w’abirabura, jya mu gihugu cya Youssou Ndour. Kandi ubaye ukeneye umukobwa ufite ubwiza budasaba kwisiga ibirungo uzatemberere mu gihugu cya Senegal.
8. Nigeria
Iki gihugu cyagize umugisha wo kugira abakobwa bafite ubwiza butangaje ndetse buteye ubwoba. Urugero twaguha ni nk’urwa Agbani Darego ufite ubwiza bivugwa ko nta handi wabusanga, hafi abagabo bose bamubonye bifuza kumugira umugore.
7. Ethiopia
Iki gihugu cyamamaye mu kugira abantu bazi kwiruka, ariko uretse kwiruka cyigira n’abakobwa beza cyane.
6. Somalia
Mu bihugu byinshi bimenyerewe ko abakobwa beza ubasanga mu mijyi. Ariko muri Somalia siko bimeze kuko iki gihugu gifite abakobwa beza usanga no mu cyaro.
5. Mali
Abakobwa bo muri iki gihugu ni beza, kubera umuco wabo ubategeka kwambara bakikwiza, bituma bambara neza ndetse no kwitwararika bigatuma baba beza kurushaho.
4. Cap-Vert

Abakobwa bo muri iki gihugu ni beza ku buryo butangaje aho hari abajya mu marushanwa y’ubwiza ku rwego rwa Afurika ndetse no ku rwego rw’isi. Uwagezeyo niwe waguha ubuhamya.
3. Angola
Iki gihugu gifite abagore n’abagabo bafite ubwiza buhambaye, aho mu mwaka wa 2011 Nyampiga ku rwego mpzamahanga.
2. Gineya
Guinea ifite abakobwa beza bafite imico myiza kandi bize amashuri.
1. Rwanda
Niba uri umugabo ukaba ukunda abakobwa beza, urasabwa kwibera mu Rwanda. Niyo wahagarara ku muhanda gusa, uzagenda ubona abakobwa beza banyuranyuranaho. Ni igihugu cyahawe umugisha.
Izindi Nkuru
Iris Family izanye impinduka mu muziki Nyarwanda [Amafoto]