Ikipe ya Kiyovu Sport byari byaravuzweko yamaze kugura abakinnyi bitunguranye yamaze gusinyisha rutahizamu uvuye mu Burundi witwa Issa Ngezi wakinaga mu ikipe ya B.S Dynamik .
Issa Ngezi aje nyuma yo gusinyisha abakinnyi babiri bakinira ikipe y’igihugu y’a Barundi aribo, Ngando Omar na Bigirimana Abedi, Karekezi Olivier akaba ariwe washimye uyu musore w’umurundi.
Issa Ngezi ni rutahizamu unyura cyane mu mpande abo dukunda kwita base mababa, kuko anyura kuri 7 na 11, akaba yarasanzwe ari umukinnyi wa B.S Dynamik ubu iri gutozwa na Mugunga Dieudonne (Burucaga) watoje Kiyovu Sport mu ntangiriro z’imikino 2019-2020 akaza kwirukanwa kubera umusaruro mucye.
Izindi Nkuru
Roberto Mancini ati:”mbabazwa nokubona uko Balotelli ameze”
Uko amakipe yo muri Premier League yitwaye mu kugura abakinnyi !
AMAFOTO: APR FC yatangiye imyitozo nyuma y’amezi 7